Ntibikiri itegeko kwambara agapfukamunwa, Abanyarwanda bose bishimiye iki cyemezo!
Hari hashize imyaka igera kuri ibiri Mu Rwanda ndetse ko kwisi hose haje umwambaro mushya w’agapfukamunwa bitewe n’icyorezo cya COVID-19, gusa kuri ubu Mu Rwanda byahindutse Kuko Inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu yanzuye ko kwambara agapfukamunwa bitakiri itegeko,
Soma byose urabisanga kuri uru rupapuro rwa Mbere mu gika cya gatanu:
ITANGAZO:
Ubaye wifuza gutanga amakuru, Kwamamaza, cyangwa se Indi nyunganizi yose watwandikira kuri what’s up cyangwa ukaduhamagara kuri telephone numero: 0736206687
ITANGAZO KU BANTU BIFUZA AKAZI:
Ku bufatanye na Ngwino.com mwashyiriweho urubuga rubagezaho amakuru abamenyesha akazi gashya kasohotse, ndetse mukanafashwa kugasaba
Injira unyuze aha (HERE)